Komiseri mu Muryango FPR Inkotanyi, Tito Rutaremara yasabye abanyamuryango n’Abanyarwanda muri rusange kutarangazwa cyangwa ngo baterwe ubwoba n'ibibera mu Burasirazuba bwa Congo, ngo bibabuze gukora ...
Abarwayi n’abarwaza mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri, bashimye abagira umwanya wo kubasura, kuko bibahumuriza bikanafasha ab'amikoro make. Babivuze kuri iki Cyumweru tariki 9 Gashyantare 2025, ubwo ...
Minisiteri y'Ubuzima ivuga ko mu gihe cy'imyaka 5 iri imbere, ibigo nderabuzima 510 byo mu Rwanda bizaba byarahawe abaganga bo ku rwego rwa Dogiteri muri serivisi zitandukanye, kugira ngo bifashe ...
Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma bo mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, bashimangiye ko inzira y’ibiganiro ari yo ishobora ...
Perezida Kagame yifatanyije n'Abakuru b'Ibihugu na za Guverinoma mu bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y'Iburasirazuba, EAC n'iby'uwo mu Majyepfo ya Afurika, SADC, mu nama igamije gushaka umuti ...
Kuri uyu wa Gatanu i Dar-Salaam muri Tanzania, harateraniye inama y’Abaminisitiri bafite mu nshingano Ububanyi n’Amahanga bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC n’uw’ibihugu byo ...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko u Rwanda rushishikajwe no kubona amahoro aboneka mu Burasirazuba bwa RDC binyuze mu gukemura ikibazo hitabajwe ...
Mu Mujyi wa Kigali hamaze gushyirwaho parking umunanira zagenewe abamotari bahagarara bategereje abagenzi, bakahahagurukira ndetse bakanahaparika mu gihe bagiye kururutsa abagenzi. Iyi gahunda ...
Ikipe ya mbere ya Polisi y'u Rwanda (RNP SWAT Team 1) yitabiriye irushanwa ryahuje ibihugu 70 byo hirya no hino ku Isi, i Dubai, mu Bihugu Byunze Ubumwe by'Abarabu (UAE), yongeye kwitwara neza ...
Umutwe wa M23 uherutse gufata Umujyi wa Goma, washyizeho abayobozi bashya b'Intara ya Kivu y'Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC. Itangazo rishyiraho abayobozi bashya ...
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy'umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC cyatewe n'intambara hagati ya FARDC na M23 kitazakoma mu nkokora iri rushanwa rizenguruka Igihugu ku magare ...
Malawi ifashe iki cyemezo nyuma y'aho kuri uyu wa Gatatu, Abadepite bagize Komisiyo y'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko ya ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results